Inama y’Igihugu y’Abantu bafite ubumuga

Kubijyanye na Wikipedia
(Bisubijwe kuva kuri NCDP mu Rwanda)

NCDP mu Rwanda ( National council of persons with disabilities in Rwanda ) mu gambo arambuye ni Inama y’Igihugu y’Abantu bafite ubumuga mu Rwanda. Aho haheruswe gukorwa ibarura riri rusange ryakozwe mu 2022 ryaje kugaragaza ko abantu bafite ubumuga mu Rwanda bagera kubihumbi 391.775, aho bangana na 3,4% bya miliyoni 13,24 z’abatuye batuye mu Rwanda. Hakaba abagore bafite ubumuga bagera kuri 216.826 ndetse abagabo nabo ni 174.949.[1][2]

MU NTARA[hindura | hindura inkomoko]

U Rwanda rufite intara 4 ndetse n’umujyi wa kigali.

  • Intara y’Iburasirazuba ni intara nini ifite umubare munini ungana na (109.405)
  • Intara y’Amajyepfo ni intara ifite umubare wabamuhaye ungana na (98,337).
  • Intara y Uburengerazuba, intara ifite umubare wa bamuhaye ungana na 88.967,
  • Intara y Amajyaruguru bakaba 60.336 mu gihe
  • Umujyi wa Kigali ukaba urimo abagera kuri 34.730.

Akarere ka Nyagatare ni ko karere urebye gafite umubare munini w’abafite ubumuga aho bagera ku 20.631 ndetse gakurikiwe na karere ka Gasabo (17.585) mu gihe aka karere ka Nyarugenge ko mu Mujyi wa Kigali ari ko gafite umubare muto (8.206).[1]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/hatangiye-ibarura-ry-abafite-ubumuga-mu-rwanda
  2. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/inama-y-abafite-ubumuga-igiye-kugenzura-uko-inyubako-z-imikino-n-imyidagaduro