Jump to content

Mukamabano Gloria

Kubijyanye na Wikipedia
(Byoherejwe kuva kuri Grolia Mukamabano)

Mukamabano Gloria ni umugore akaba Umunyarwandakazi w'umunyamakurukazi, Ukora akazi kitangaza makuru ku kigo cy'igihugu cy'itangazamakuru cya RBA .[1]

Grolia ni umunyamakuru uzwi cyane mu ishami ry’amakuru kuri Televiziyo Rwanda. Gloria kandi n'umuhanzikazi ubarizwa mu itsinda ra Bright Girls abarizwamo we na mugenzi we Iradukunda Consolee, Grolia yamenyekanye cyane ubwo yafashaga abahanzi b’abaraperi cyane cyane abo muri Tuff Gangs mu nyikirizo y’indirimbo zabo by’umwihariko mu ndirimbo “Ubuto bwanjye”ya Fireman.[2] Mukamabano Gloria yakoreye kubitangazamakuru bitandukanye nka Contact Fm ndetse na radio&TV10 asoma amakuru mu gifaransa, akomereza kuri Rayol Fm, ubu ni umuyobozo wa televisiyo ya KC2 mu biganiro .[3][4][5]

Gloria Mukamabano afite bachelor degree muri journalism and communication ndetse na na Masters muri Development studies.

Mukamabano Gloria ni umubyeyi ufite umugabo ndetse nabana babili, umuhungu ndetse n'umukobwa.[3][4][6][7]

  1. [1]
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2022-05-10. Retrieved 2022-05-10.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  3. 3.0 3.1 https://inyarwanda.com/inkuru/107824/umunyamakuru-gloria-mukamabano-uyobora-kc2-yahishuye-uko-yaririmbye-mu-ndirimbo-ya-bull-do-107824.html
  4. 4.0 4.1 https://yegob.rw/umunyamakurukazi-wa-rba-akomeje-kwizihiza-imyaka-9-amaze-arushinze-numugabo-we/
  5. https://yegob.rw/umunyamakurukazi-wa-rba-akomeje-kwizihiza-imyaka-9-amaze-arushinze-numugabo-we/
  6. https://www.kigalitoday.com/imyidagaduro/muzika/article/mukamabano-gloria-yatangiye-kubaka-amahoro-n-ubumuntu-abinyujije-mu-ndirimbo
  7. https://yegob.rw/disi-niko-ahora-gloria-mukamabano-yifashishije-amafoto-yongeye-kugaragaraza-icyo-abantu-bamukundira-amafoto/