Umukandara

Kubijyanye na Wikipedia

Umukandara ni umwenda umuntu yambara kugirango ufate ipantaro cyangwa ijipo itamanuka.ariko hakaba hari numukandara wo mumodoka

uyu mukandara wo mumodoka umuntu iyo agiye kurugendo ari mumodoka arawambara uvuye mukwaha ukagera kurutugu ariko uyu mukandara ufashe kumodoka

AKAMARO K'UMUKANDARA WO MUMODOKA[hindura | hindura inkomoko]

uyu mukandara wo mumodoka wifashishwa kugirango urinde umugenzi ndetse numushoferi kuba yahura n'impanuka igihe imodoka iri kwihuta ndetse nigihe imodoka igeze ahantu hahanamye

uyu mukandara akamaro kawo kagereranwa nakamaro kingofero umuntu yambara iyo ari kuri moto kubwizo mpamvu police y'u RWANDA ishishikariza abantu kwambara uyu mukandara igihe cyose bari murugendo rw'imodoka [1]

IBIHANO BIHABWA ABATUBAHIRIZA AYA MABWIRIZA[hindura | hindura inkomoko]

Abagenzi ndetse n'abashoferi batubahiriza aya mabwiriza yo kwambara umukandara n'ingofero igihe bari kurugendo,iyo bafashwe bacibwa amande ndetse bagahabwa n'igifungo igihe bibaye ngombwa[2]

  1. https://www.igihe.com/amakuru/u-rwanda/barasaba-ko-imodoka-zidafite-imikandara-ku-ntebe-zose-zikumirwa
  2. https://police.gov.rw/rw/amakuru/amakuru-ya-polisi/news-detail/news/kutambara-umukandara-wo-mu-modoka-ningofero-ku-bagenda-kuri-moto-ni-ugushyira-ubuzima-mu-kaga-kand/