The Sisters

Kubijyanye na Wikipedia

The Sisters yatangiye muri 2008, ubundi ni ihuriro rya baririmbyi bahimba ,bakaririmba ndetse bagahimbaza indirimbo z'Imana, Aha harimo abagore bane, aribo abarimo Gahongayire Aline wari uvuye muri Afurika y’Epfo, Uwitonze Clementine uzwi nka Tonzi wigaga muri APACE akaba yari umudivantisite w'umunsi wa karindwi na Kamanzi Gaby wasengeraga muri Zion Temple, aho aba bahanzi bose bishyize hamwe maze bakora itsinda bahuriyemo .[1]

Mbere[hindura | hindura inkomoko]

Ubu the Sisters batangiye ari abahanzi bagera kuri batanu ba bakobwa, dore uko bari abahanzi batanu ni ukuvuga harimo Queen, Tonzi, Phanny Wibabara, Gaby na Gahongayire . Bakoreraga imyitozo kuri Maison de Jeunes ku Kimisagara. Aho Igitaramo cyabo cyagenze neza ndetse kibahesha n’akazi aho bahawe ubutumire bwo kuririmba mu iserukiramuco ryabereye kuri Sitade Amahoro .[1]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 https://igihe.com/imyidagaduro/gospel/article/inkomoko-ya-the-sisters-itsinda-ry-abaramyi-ryakanyujijeho-mu-myaka-10-ishize