Murema Jean Baptiste

Kubijyanye na Wikipedia

Murema Jean Baptiste ni umugabo wubanze akaba ari umunyarwanda , ndetse akaba ari umuyobozi wa NPC Rwanda, ( National Paralympic Committee of Rwanda ) kuva muri 2021 ari umuyobozi mukuru waryo. Yakinnye mu makipe agiye atandukanye muri paralempike, yitabira amarushanwa atandukanye, aho yaje gutwara ibikombe haba muri afurika ndetse na marushanwa yi burayi. [1][2]

Amarushanwa yitabiriye[hindura | hindura inkomoko]

Murema jean Baptiste yiyabiriye amarushanwa atandukanye nko muri ubwongereza i londeri muri 2012, akina umukina wa maboko wa volleyball ya bamugaye bakina bicaye, nyuma aza kwitabira andi marushanwa muri brezil i Riyo muri 2016.[3][4]

AMASHAKIRO[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.bbfmumwezi.rw/News/sp?pg=138-Murema-Jean-Baptiste-yongeye-gutorerwa-kuyobora-NPC
  2. https://www.kigalitoday.com/imikino-11/indi-mikino/article/murema-jean-baptise-yongeye-gutorerwa-kuyobora-npc
  3. https://www.paralympic.org/news/jean-baptiste-murema-new-npc-rwanda-president
  4. https://www.newtimes.co.rw/article/195919/Sports/swimming-judo-and-badminton-to-be-added-to-paralympic-competitions