Kayitesi Dativa

Kubijyanye na Wikipedia

Kayitesi Dativa ni umwe mu bagore bari muri Politiki bakiri bato , yabaye umuhuzabikorwa w'inama y'igihugu y'abagore mu ntara y' Uburengerazuba , ndetse abaye n'umukozi w'imari mu ishami rya IPRC Karongi. ubu akaba ari umuyobozi w'akarere ka Rutsiro yatowe ku italiki ya 7 ukuboza 2023 . ubwo bamutoreraga rimwe na nyobozi nshya isimbura iyari yasheshwe izira kutuzuza inshingano.

Kayitesi Dativa niwe uyobora akarere ka Rutsiro nubwo nta gihe kinini aramara ariko avuga ko azagerageza kumva abaturajye ndetse no kugira ahantu ajyeza aka karere nubwo kabarirwa mu turere dukennye mu Rwanda,avuga ko yiteguye kuzana impinduka muri aka karere ka Rutsiro hamwe no gukorana neza Nabo bakorana mubuyobozi ndetse n'abaturage ayoboye muri Rusange.[1]