Jump to content

Urwengero

Kubijyanye na Wikipedia
Urwengero

Urwengero ni kimwe mu b'intu abanyarwanda bakera bari bazi ubutabire mu rwego ruhanitse, aho bari bazi kwenga inzoga zikaze nk’izo muri ibi bihe byacu, ndetse zinazirusha kwengeka. Izo nzoga zirimo nk’Urwagwa, Inkangaza, Umutsama, Amarwa, Inturire n’izindi.[1]

Urwengero habaga hari inzoga nyinshi ariko nyinshi muri zo zamaze kuzima mu rwengero gakondo rw’i Rwanda, kubera kuzibiranywa n’ubwinshi bw’iziva mu nganda, byahubirana n’uko hari n’izitakibukwa imyengere yazo bigasya bitanzitse .[1]

  1. 1.0 1.1 https://igihe.com/umuco/ubugeni/article/imyuga-yacwekereye-kandi-yarafashaga-abanyarwanda-ba-kera-kwirwanaho