Urubyiruko Mu Kwiteza Imbere
Appearance
Ubuhinzi
[Hindura | hindura inkomoko]Mu rwego rwo gushishikariza urubyiruko gukora ubuhinzi kandi mu buryo bwa kinyamwuga, umushinga Hinga Wunguke ufatanyije na Shora Neza,basinyanye amasezerano y’ubufatanye agamije gufasha urubyiruko rukora ubuhinzi kwiteza imbere binyuze mu kubaha igishoro.[1]
Ibyifuzo
[Hindura | hindura inkomoko]Umukozi ushinzwe imirire myiza no kugeza abahinzi ku isoko muri Hinga Wunguke, Jeanne d’Arc Nyirajyambere, avuga ko amasezerano basinyanye na Shora Neza agamije kugira ngo bongere umubare w’urubyiruko ruri mu buhinzi mu bijyanye n’ibihingwa bitandukanye bazakoraho hamwe no kubafasha kugeza umusaruro wabo ku isoko.
- ↑ https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/urubyiruko-rukora-ubuhinzi-rwashyiriweho-amahirwe-azarufasha-kwiteza-imbere