Umuryango
Appearance

Umuryango ubundi ugizwe n'umugabo, umugore, n'abana, ariko ukaba ushobora no kwaguka ukageza kuri ba sekuru, ba nyogokuru, n'abandi banyamuryango,.ubundi umuryango ni ihuriro ry'abantu bafitanye isano wenda rishingiye ku gushyingiranwa, ku maraso, cyangwa ku kurera, umuryango ufatwa nk'inkingi ya mwamba y'ubuzima n'iterambere.[1][2][3]
Amaraso
[Hindura | hindura inkomoko]Burya umuryango ubaho gusa atari kuba dusangiye amaraso ,ni harya hantu abantu bose baba bagukunda, uko waba umeze kose ,aho banezerererwa iterambere ryawe uko biba biri kose.[3]
Ababyeyi
[Hindura | hindura inkomoko]Abana
[Hindura | hindura inkomoko]Amashakiro
[Hindura | hindura inkomoko]- ↑ https://umuryango.rw/ubuzima-115/imibereho/article/menya-uburyo-bwiza-bwo-gusigasira-ubumwe-bw-umuryango
- ↑ https://www.jw.org/rw/isomero/udutabo/ibyo-yehova-ashaka/abahamya-ba-yehova-umuryango-gusenga/
- 1 2 https://www.unicef.org/rwanda/rw/press_release/igihe-kirageze-abikorera-barasabwa-gushyigikira-politike-ziteza-imbere-umuryango