Umurenge wa Kayenzi
Umurenge wa Kayenzi
[Hindura | hindura inkomoko]Kayenzi ni imwe mu mirenge mu mirenge 12 igize Akarere ka kamonyi kari mu ntara y'amajyepfo y'uRwanda. Uyu murenge ugira ururhare mu miyoborere ya Leta n'iterambere ry'abaturage.
Aho iherereye: Kayenzi iherereye mu Karere Ka Kamonyi, kari mu ntara y'amajyepfo y'uRwanda.
Uyu murenge ugizwe n'imidugudu itandukanye, buri mudugudu ukagira umwihariko wawo mu mico n'imibereho y'abaturage.
Abaturage: Nkuko imibare ya nyuma y'ibarura rusange ry'abaturage ryakozwe mu 2022, Kayenzi ifite abaturage 25,209, barimo abagabo 12,289 n'abagore 12,920.
Ibisobanuro ku kigero cy’imyaka by’abaturage ni ibi bikurikira:
- Abari mu kigero cy’imyaka 0-14: 8,559
- Abari mu kigero cy’imyaka 15-64: 14,982
- Abageze mu myaka 65 n’abarengeje: 1,631
Uruhare mu miyoborere: Kayenzi ni umuryango w'imiyoborere, ufite uruhare mu gutanga serivisi ku baturage no gushyira mubikorwa gahunda z'iterambere zigmije kuzamura imibereho y'abaturage .
mugihe ushaka byinshi cyangwa ufite ibibazo byihariye kuri kayenzi, byaba byiza ushakiye amakuru ku biro by'Akarere Ka Kamonyi cyangwa ukagana ururbuga rwa ministeri y'Ubutegetsi bw'igihugu.[1]