Jump to content

Umurage Nyarwanda

Kubijyanye na Wikipedia
Ibioresho mu muco Nyarwanda

Umurage Nyarwanda ni ibikorwa bigaragaza umuco n’amateka y’u Rwanda birimo imbyino, imyambaro n’amafunguro bigaragaza umwihariko wa Kinyarwanda no gushimira abagira uruhare mu gusigasira no guteza imbere umurage.[1]

Umurage nyarwanda utegurwa ndetse ugatungannya n'umurynago witwa Umuryango Inteko Izirikana, aho uyu muryango ugamije ndetse ukamenyekanisha ndetse amateka, umuco n’ururimi by’u Rwanda, ndetse hakaba hishimirwa uruhare wagize mu kumenyekanisha ubukungu buhishe mu murage w’u Rwanda.[2]

  1. https://igihe.com/umuco/umurage/article/inteko-izirikana-yihije-imyaka-20-herekanwa-inyungu-ihishe-mu-murage-w-u-rwanda
  2. https://igihe.com/umuco/umurage/article/inteko-izirikana-yihije-imyaka-20-herekanwa-inyungu-ihishe-mu-murage-w-u-rwanda