Jump to content

Umuco wumwihariko mu rwanda

Kubijyanye na Wikipedia

ku musozi wa Rwesero mu karere ka nyanza niho hari ingoro ya mateka yo kwijyira kwa abanyarwanda ibonekamo byinshi bigaragaza ayomateka yumwihariko wo murwanda, yubatswe numwami Rudahigwa ateganya kuyijyira ingoroye mumyaka yakurikiyeho iyonzu yatajjyiwe gukorerwamo imirimo ya leta.[1]

ni ibiki biboneka muriyingoro

[Hindura | hindura inkomoko]

habonekamo byinshi byaranze umuco nyarwanda Rwanda ndetse numwihariko warwo mumuco, ucyinjira muriyo nyubako ubona ibimenyenso byumuco wumwihariko wacyera waranze u Rwanda aribyo ibishushanyo by Intore ndetse nibikoresho zakoreshaga, aho umwami yakoreraga gahundaze.......[2]

Indanganuro

[Hindura | hindura inkomoko]

https://mobile.igihe.com/umuco/article/dusure-ingoro-y-umurage-wo-kwigira-i-nyanza-amafoto