Thérèse Muamini

Kubijyanye na Wikipedia

Thérèse Muamini ni Umwanditsi w'Ibitabo w' Umunyarwandakazi wavukiye mu Rwanda,Kurubu abarizwa mugihugu cy'ubufaransa.

Amakuru[hindura | hindura inkomoko]

Thérèse Muamini yageze m'Ubufaransa mu mwaka 1976,ubwo yaragiye kubana na mubyarawe wari urwaye SIDA mu mwaka 1982 nibwo mubyarawe yapfuye,Yakiriye umwana w'Umuhungu w'Imyaka 10 muburyo bwokumurera wanduye virusi itera SIDA,yakoraga nk'Umudamu ukora amasuku kugirango agaburire umuryango we.kandi yagombaga guhangana anarwanya ibyari bimukikije,kimwe no kwita kubana be bakabaho mubudahangarwa.[1]

Ibyo Yagiye Akora[hindura | hindura inkomoko]

Ubwo yageraga m'Ubufaransa yishimiye kubona uwaba yaza kumufasha murugo,iherezo rye rihinduka ribi mugihe yareraga umwana wanduye indwara ya virusi itera SIDA kandi inshutiye yapfuye izize SIDA, nukuvugango nibwo ibibazo byari bitangiye yagombaga gushaka ahandi aba kuba yajugunywe mu nzu ye yajyanye abandi bana babiri.[2] Thérèse Muamini ibitabo yanditse bigiye bitanduka hari icyo yise Beloved Son:With HIV.[3]

Aho Wasanga Ibindi[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://aflit.arts.uwa.edu.au/MuaminiThereseEng.html
  2. https://aflit.arts.uwa.edu.au/MuaminiThereseEng.html
  3. https://www.thriftbooks.com/w/beloved-son-born-with-hiv_nadine-bitner_therese-muamini/1776028/#edition=4556616