Jump to content

Shampiyona y'igihugu y'amagare mu Rwanda

Kubijyanye na Wikipedia

Shampiyona y'isi y'amagare

Minisiteri y'Ubucurzi n'Inganda MINICOM, yatangaje ko guhera tariki ya 21-28 Nzeri 20225 u Rwanda ruzakira Shampiyona y'Isi y'Amagare. U Rwanda rukazaba ruyakiriye ari cyo gihugu cya mbere muri Afurika yose. Minisiteri y'Ubucuruzi n'Inganda yasabye abikorera gutanga serivice inoze mu kwakira abazayitabira bose.[1] Minisiteri y'Ubucuruzi n'inganada yatangaje ko amashuri yose aherereye mu mugi wa kigali azaba afunze kuva 21 Nzeri kugeza 28 Nzeri 2025. [2]

  1. Shampiyona y’Isi y’Amagare: Abikorera basabwe gutanga serivisi (...) - Umuryango.rw
  2. » Shampiyona y’Isi y’Amagare: Amashuri i Kigali azafungwa, abakozi bakorera mu ngo ImvahoNshya