SANKARA DA PRIMIER
SANKARA DA PRIMIER amazina ye nyakuri ni Mutore Isaac, ni umwe mu basobanuzi ba Film mu Rwanda babigize umwuga aho akundwa n'abatari bake, yagaragaje ko urupfu rwa mukuru we YANGA rwamubabaje cyane ndetse bigatuma yakira agakiza,[1]
Imibereho
Sankara ubuzima bwe bwa buri munsi abumara asobanura Film , ibizwi nk'agasobanuye aho yavuze ko abikora abikunze kandi ko bimutunze, yongeyeho ko akazi kose hhatitawe kuburyo abantu baguca intege iyo ubishyizeho umutima bigutunga kandi neza,[2]
Amateka ye mu mwuga
[Hindura | hindura inkomoko]Sankara yagize Ati “Kuri njye ntabwo byari binyoroheye, kuko byansabaga y’uko ngomba kuva ku ishuri nkaba nzi neza ko saa kumi ngomba kuba mvuye Lycée de Kigali nageze mu rugo. Saa kumi n’ebyiri cyangwa saa moya ngomba kuba ndi muri salle ndangije filime." [3]
Imikoranire ye na Star times
[Hindura | hindura inkomoko]Sankara yatangiye gukorana na Star Times muburyo bwo kwa mamaza no gukora film zica kuri shene za star times,[4]
Amashakiro
[Hindura | hindura inkomoko]- ↑ https://igihe.com/imyidagaduro/article/sankara-yagaragaje-ko-urupfu-rwa-yanga-rwatumye-areka-inzoga-burundu
- ↑ https://inyarwanda.com/rw/amakuru/sankara-umuvandimwe-wa-yanga-yagarutse-mu-gusobanura-filime-nyuma-yimyaka-ibiri-anashinga--107629
- ↑ https://inyarwanda.com/rw/amakuru/sankara-umuvandimwe-wa-yanga-yagarutse-mu-gusobanura-filime-nyuma-yimyaka-ibiri-anashinga--107629
- ↑ https://igihe.com/serivisi/article/sankara-the-premier-yasinye-amasezerano-azanyuza-filime-ze-kuri-startimes