Nyinawimana
Urwunge rw'amashuri rwa Nyinawimana ni ikigo giherereye mu ntara y'Amajyaruguru mu karere ka Gicumbi umurenge wa Nyamiyaga kikaba gifite abanyeshuri bose hamwe barenga 2800 kikaba cyarashizwe mu 1968.kilizi ya Nyinawimana)abanyeshuri basengeramo kikaba Ari ikigo gitanga uburere bunoze kikaba gitsindisha k'urwego rwo hejuru kikaba gifite n'ibyumba cy'abakobwa abagize ikibazo bafashirizwamo ikindi gifite igikone batekeramo gifite isuku kandi kitegereye abanyeshuri kuburyo kitababangamira bigatuma biga neza bakanatsinda neza k'urwego rushimishije.[1]
GROUPE SCOLAIRE NYINAWIMANA
[Hindura | hindura inkomoko]Groupe scolaire Nyinawimana ni ikigo cy'amashuri giherereye mu karere ka Gicumbi.Iyo bavuze Nyinawinana wumva Bikiramariya;ariko mu karere ka Gicumbi mu ntara y'Amajyaruguru hari umusozi witwa Nyinawimana hakaba ariho habarizwa iki kigo.Ariko padiri NDAYAMBAJE akavuga ko uyu musozi bakunda kuwita " Mugisaninzu kubera ibicu bikunda kuba bihabuditse .Nyuma haje gushingwa paruwasi Nyinawimana tariki ya mbere ugushyingo 1960.Ubu rero iki kigo gifite ibyumba by'amashuri birenga mirongo itatu harererwamo abahungu n'abakobwa;abanyehuri barenga ibihumbi bitatu ndetse n'abarimu barenga mirongo inani.Iki kigo gifite ibyiciro bitatu byamashuri aribyo amashuri y'inshuke (nursery),abanza primary ndetse n'ayisumbuye agabanyijemo ibyiciro bitatu aribyo indimi,amateka n'ubumenyi bw:isi. Cyashinzwe mu mwaka w'igihumbi kimwe magana kenda mirongo itandatu(1960)[1].
Ni ishuri rya kiliziya gatolika, rikaba ryararagijwe mutagatifu Fransisiko Xaveri[2]kikaba gifite umuyobozi witwa SEBAHIRE Deogratius ariwe deregiteri.Nyinawimana ni ikigo kinini cyane. Gihuriraho abayeshuri benshi.Ikindi kandi iki kigo gikorana ni mishimga myinshi. Ari avs , cartas ndetse n'iyindi myinshi.Ikindi Kandi iyi mishinga ifasha abanyeshuri benshi bagatsinda bishimishije.