Niki gikomeje kongera umubare w'abangavu baterwa inda zitateguwe?
Appearance
U Rwanda ndetse n'ibindi bihugu by'isi ikibazo cy'umubare w'abangavu baterwa inda ukomeje gutumbagira nkuko Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (Migeprof) yatangaje ko abana ibihumbi 23 bari munsi y’imyaka 18 ari bo batewe inda mu mwaka wa 2021, aha intara y'iburasirazuba niyo iri kwisonga mukugira abangavu benshi baterwa inda.[1]
Niki cyaba kihishe inyuma yiritumbagira?
[Hindura | hindura inkomoko]Iyo uganiriye n'abakobwa benshi bari muri iki kigero usanga bose bahuriza ku gisubizo kimwe" kurarikira ibintu", abakobwa benshi batewe inda bakiri bato bavugako bashukwa n'abagabo cyangwa abasore bafite amafaranga, amatelefone, imyambaro...... bikarangira babasambanyije bakabatera inda.
Hakorwa iki ngo iki kibazo gikemuke
[Hindura | hindura inkomoko]Izi ni zimwe mu ngamba zishobora gufasha mu gukumira iki kibazo
- Ababyeyi bagomba kuganiriza abangavu bihoraho
- Abarezi bagomba kongera inyigisho ziryanye n'ubuzima bw'imyororokere.
- Gutangira amakuru kugihe kuwahohotewe.
Inyandiko zifashishijwe
[Hindura | hindura inkomoko]Yanditswe na Igirimpuhwe Jean d'Amour