Ndabaga Impact

Kubijyanye na Wikipedia

Ndabaga Impact ni umuryango utegamiye kuri Leta washinzwe mu mwaka w'2015 n'abanyeshuri bigaga mu mashuri yisumbuye, uyu muryango waje gutangira ibikorwa byawo ku mugaragaro mu kwezi Kamena umwaka w'2018[1] .

uyu muryango ukaba ukora ibikorwa by'ubushakashatsi, ubujyanama, kongerera urubyiruko ubumenyi ku buhanzi n'ibiganirompaka bihuza amatsinda y'urubyiruko n'abakuru bagasangizanya ubumenyi n'uburambe bukomatanyije[2] [1]

uyu muryango ubu uyoborwa na Gisele Sandrine Irakoze[2]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 https://www.rosalux.or.tz/partners/rwanda/
  2. 2.0 2.1 https://inyarwanda.com/inkuru/119430/ndabaga-impact-yagaragaje-ibikomere-byabana-bavutse-ku-babyeyi-bafashwe-ku-ngufu-muri-jeno-119430.html