Kwiyubaka kubafite ubumuga
KWIYUBAKA KUBAFITE UBUMUGA
[Hindura | hindura inkomoko]Abafite ubumuga aho bajyeze biyubaka nubushobozi nu ububasha basigaye bafite mundi baturage ndetse n'ijambo muri leta muri rusange. Samaza Chantal atuye mukarere ka Gasabo mu Murenge Wa kacyiru aho aho akora umwuga wogutunganya imisatsi.
[Hindura | hindura inkomoko]Nubwo afite ubumuga bwingingo yanze kwicara ngo asabirize yakuye amaboko
mumifuka yihangira umurimo wogukora imisatsi.[1] Yahise ahuza bagenzibe bafite ubumuga
kujyirango bishakemo ibisubizo, ati kumugara nibivuze kwicara kumuhanda ngo usabirize
iyufite mumutwe hazima uratecereza ugashaka icyukora ukiteza imbere, ubu twishyize hamwe
iyushatse ugurizwa 100,000Rwf ukaba wakunguka 10,000rwf burikwizi , umwaka iyurajyiye dufata
kuriyanyungu tukagabana kubutyo burinyungu ijyera kuri burimunyamuryango.[2]
Avugako leta ibafasha umunsi kumunsi, gusa akavugako bafashwa kugira aho bakorera
kujyirango bajye babona inkunga ibaha igishoro .
ati ikindi leta ikwiye kudufasha nkabagore bafite ubumuga , ni uko twafashwa kubona imidugudu
kuko abenshi usanga batishoboye kandi bafite abana ,badufashije kubona aho tuba twateza imbere kuko duhora twirukanwa munzu abandi.[3]..
Umunyamabanga nshingwabikorwa wa NUDOR Jean Damascene Nsengiyumva avugako hari
bimwe bigomba gukorwa ngo abafite ubumuga koko ngobafashwe. [4]