Kuroba muburyo butemewe

Kubijyanye na Wikipedia

Gupfa kw'Amafi[hindura | hindura inkomoko]

Gupfa kw’amafi biterwa no kwivangavanga kw’amazi mu kiyaga guterwa n’imvura iba imaze iminsi igwa, hanyuma amazi akanduzwa n’ibimera byo mu mazi bisanzwe biba mu ndiba y’ikiyaga, byagabanyije umwuka usanzwe uhumekwa n’amafi. Amasoko ya kareremba yazibye kubera urubobi rwo mu mazi n’indi myanda ituruka ku biryo bisigara bagaburira amafi, bituma ihinduranya ry’amazi muri kareremba rigabanuka.[1]

Ibindi wamenya[hindura | hindura inkomoko]

Umwe muborozi bororera mukiyaga cya kareremba yapfushije amafi afite agaciro k'amafranga angana na miriyoni zisaga 270 kubera gupfa kw'amafi. Ubu bworozi bw'amafi muri kareremba Mukiyaga cya Muhazi,abakozi bagaragazako kutariki ya 25 Kamena bwatangiye guhura n'ikibazo cyo kubura umwuka bituma bituma amafi ageze igihe cyo kurobwa angana n'ibihumbi 180 apfira rimwe[2].Abanyarwanda bose muri rusange baributswa ko kirazira/bibujijwe kurya amafi yipfushije.

Ibindi wasoma[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubworozi/article/rwamagana-amafi-menshi-mu-kiyaga-cya-muhazi-yapfuye
  2. https://inyarwanda.com/inkuru/107215/ya-mafi-yapfiriye-mu-kiyaga-cya-muhazi-yateje-rwiyemezamirimo-umwe-igihombo-cya-miliyoni-h-107215.html