Jump to content

Kirazira z,umuco nyarwanda

Kubijyanye na Wikipedia

Kuva nakera abanyarwanda hari ibyo baziririzaga,muri make ibyo batinyaga kuvuga[1] cyangwa gukora kuko babaga baziko

bizabagiraho ingaruka zitari nziza.[2]

Zimwe muri kirazira z'umuco nyarwanda[3]

[Hindura | hindura inkomoko]

-kirazira kwicara ku isekuru

-kirazira kwicara ku ishyiga[4]

-kirazira ku umugore kuvuga izina rya sebukwe

-kirazira ku umugore gukama inka ari mu imihango[5]

-kirazira kwicara ku umuvure

-kirazira kurira mu uburiri[6]

-kirazira guterura umwishwya ntugire icyo umuha

-kirazira gutera umuntu ingata[7]

-kirazira gutuka nyogosenge

-kirazira guterura igisabo utari isugi[8]

kirazira kwicara ku iekuru

-kirazira kurara mu muvure

-kirazira ku icara ku urusyo[9]

-kirazira ku umukobwa kurunda ibishingwe munzu

-kirazira kurya umuneke wikimane[10]

  1. Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
  2. Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
  3. Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
  4. Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
  5. Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
  6. Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
  7. Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
  8. Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
  9. Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
  10. Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today