Kirazira z,umuco nyarwanda
Appearance
Kuva nakera abanyarwanda hari ibyo baziririzaga,muri make ibyo batinyaga kuvuga[1] cyangwa gukora kuko babaga baziko
bizabagiraho ingaruka zitari nziza.[2]
Zimwe muri kirazira z'umuco nyarwanda[3]
[Hindura | hindura inkomoko]-kirazira kwicara ku isekuru
-kirazira kwicara ku ishyiga[4]
-kirazira ku umugore kuvuga izina rya sebukwe
-kirazira ku umugore gukama inka ari mu imihango[5]
-kirazira kwicara ku umuvure
-kirazira kurira mu uburiri[6]
-kirazira guterura umwishwya ntugire icyo umuha
-kirazira gutera umuntu ingata[7]
-kirazira gutuka nyogosenge
-kirazira guterura igisabo utari isugi[8]

-kirazira kurara mu muvure
-kirazira ku icara ku urusyo[9]
-kirazira ku umukobwa kurunda ibishingwe munzu
-kirazira kurya umuneke wikimane[10]
- ↑ Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
- ↑ Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
- ↑ Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
- ↑ Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
- ↑ Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
- ↑ Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
- ↑ Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
- ↑ Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
- ↑ Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today
- ↑ Menya icyo abakuru batekereza ku ndagagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda - Kigali Today