Ingoro y'ubuhanzi n'ubugeni ya Habyarimana

Ingoro y'ubuhanzi n'ubugeni ya Habyarimana ni Inzu ndagamurange yu Rwanda yahoze ibamo uwahoze ari perezida Habyarimana ndetse habamo na peresida Bizimungu Pasteur, Iyingoro y'ubuhanzi n'ubugeni ihererye i kanombe nko muri kilometero Enye uvuye kucyibuga cy'indege mpuzamahanga cya Kigali,[1] Yatangiye kuba Ingoro ya Perezida mumwaka wa bibiri na gatatu 2003 kuko yahoze ari iya perezida wu Rwanda Habyarima Juvenal nuwamukurikiye Pasteur Bizimungu.[1] Muri iyo ngoro usangamo ibisigazwa by'indege ya Habyarimana Juvenal yaje kurazwa ku ya 6 Mata 1994, ndetse harimo n'ibindi bihangano gakondo ny'aRwanda.[2]
Uwahoze ari umukuru wigihugu cy'u Rwanda Juvenal HABYARIMANA yahoze atuye aha hari iyi ngoro ndetse iza no guturamo perezida Pasteur BIZIMUNGU.[3]