Jump to content

Igishanga cya Rwabuye

Kubijyanye na Wikipedia

Igishanga cya rwabuye ni igishanga gihereye mu ntara y'amajyepfo mu karere ka Huye ni kumuhanda uva mu mugi wa Kigali werekeza mu mugi wa Huye. [1]

Iki gishanga gikunzwe kwibasirwa n'ibiza ndetse n'umwuzure mugihe cy'imvura nyinshi. [2]

Iki gishanga ahanini hacyo gihingwamo igihingwa cy'umuceri, nawo wangiza n'amazi menshi akunze guterwa n'imvura nyinshi. abaturage batuye muri iki gishanga bavugako iyo imvura y'u kwa kane itangiye kugwa baba bareba neza neza uko amazi atangira kuza nabo bagahita bafata utwangushye bagahungira kumuhanda bakaza kugaruka ari uko imvura ihise. [3]

  1. IMPINDUKA
  2. PAJI NSHYA
  3. PAJI NSHYA