Jump to content

Igenamiterere ry'ubutaka

Kubijyanye na Wikipedia

Igenamigambi ryimitunganyirize y'ubutaka buri mukiciro kihariye

Iri ni igenamigambi ryateguwe nurwego runaka, nurwego rwubukungu,ubwikorezi, ubuhinzi, amashyamba, amazi, isuku n'isukura ndetse nubukerarugendo. izi nzego ziteganya ubutaka buzakorerwaho ibikorwa byiterambere ryihutirwa ahantu hatandukanye.[1]

Amwe mu mategeko agenga ubutaka mu Rwanda.

[Hindura | hindura inkomoko]
 dusangamo ibi bikurikira:

-Itegeko nshinga rya Repubulika y'Urwanda

-Itegeko ry'Ubutaka no 43/2013 of 16/6/2013

-Iteka rya Minisiteri Nomero 002/2008 ryo kuwa 1/4/2008 rigena uburyo iyandikisha ry'ubutaka rikorwa.

-Ikegeko Nomero 18/007 ryo kuwa 19/4/2007 ryerekeye kwimura abantu ku mpamvu z'inyungu rusange.

Mumatsinda y'ubutaka dusanga hatandukanywa ubutaka bwo mu mijyi n'ubutaka bwo mu cyaro, hatandukanywa kandi ubutaka bw'abantu kugiti cyabo n'ubutaka bwa Leta; m'ubutaka bwa Leta dusanga na none harimo ubutaka bwa Leta bugize umutungo rusange n'ubutaka bwite bwa Leta.[2]

Indanganturo

[Hindura | hindura inkomoko]

1.https://www.lands.rw/rw/abo-turi-bo/amavu-namavuko

2.https://www.lands.rw/rw/imikoreshereze-yubutaka-no-gutunganya-amakarita