Icyayi cya Kitabi

Kubijyanye na Wikipedia
Icyayi

Icyayi Kitabi ni icyayi cyahesheje igihugu cyu Rwanda ishema, aho cyaciye agahigo ko kuba cyaraguzwe amafaranga meshi ku isoko mpuzamahanga ryo muri Kenya aho cyaguze amadora asaga 6.06, hamwe ni cyayi cya Gisovu.[1][2]

Agahebuzo ki icyayi cya Kitabi[hindura | hindura inkomoko]

Icyayi cyo m'umisozi

Icyayi cya Kitabi cyaciye agahigo cyo kugurwa amafaranga menshi ku isoko ry'icyayi mu gihugu cya Kenya, aho cyari gihagarariye u Rwanda. Kuva iri murikagurisha ryatangira mu 1956 ni ubwa mbere byari bibaye.[3]

REBA[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.nyungweforestnationalpark.org/gisovu-tea-estate-in-nyungwe-forest-national-park/
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2022-05-18. Retrieved 2022-05-18.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  3. https://m.facebook.com/permalink.php?id=171343222113&story_fbid=10157443712522114