Ibirunga byo ku isi

Kubijyanye na Wikipedia
Ibirunga ku isi

Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, ibarizwa mu Majyaruguru y’u Rwanda. Iyo Pariki ifatiye benshi runini kuko uretse kuba Abanyarwanda bayivomamo ubukungu buturuka ku byiza nyaburanga biyibamo, ni n’isoko y’ibyishimo ku banyamahanga batari bacye bayisura ngo birebere bimwe mu bigize urusobe rw’ibinyabuzima rwaho.[1][2][3][4][5]

Ibirunga ku Isi:[hindura | hindura inkomoko]

Ikirunga Le Vésuve cyo mubutaliyani
ikirunga

Ikirunga Le Vésuve ni ikirunga cyo mubutaliya ni gifite metero zubutumburuke 1281.[1]

Ikirunga Le Brumo

Ikirunga Le Brumo : ni ikirungo kiri muburunga byiza ku isi, kiri kuri metero z'ubutumburuke 800 kikaba kiri kumugabane w'aziya muri indonesiya.[1]

Ikirunga cya Fugi

Ikirunga Fugi : ni ikirunga cyo mu buyapani gifite metero 3776 z'ubutumburuke kikaba kiri mu birunga binini ku isi, giheruka kuruka mu 1707.[1]

Ikirunga Nyirangongo : ni ikirunga cyo muri Congo kiri kuri metero 3470 kiri muri parike y'ibirunga giheruka kuruka muri 2002.[1]

Ibihugu bwiza kubera ibirunga[hindura | hindura inkomoko]

Raporo nshya y’ibihugu bifite ubwiza nyaburanga ku isi yashyize Tanzaniya ku mwanya wa 4 mu bihugu byiza ku isi n’amanota 6.90 ku icumi mu gihe na Kenya yaje mu bihugu 10 bya mbere byiza ku isi. Raporo y’ibihugu bya mbere ku isi bifite ubwiza nyaburanga buhebuje yakozwe n’Ikinyamakuru Money.co.uk yashyize Kenya ku mwanya wa gatandatu n’amanota 6.7 ku manota 10. Binyuze kuri raporo, Kenya ifite ibirunga umunani, imisozi itanu ihambaye cyane, ahantu 411 harinzwe, kilometero kare 170.887 z’amashyamba akurura imvura n’ibindi. Ku rundi ruhande, Tanzaniya iri imbere ya Kenya,iyirusha ibirunga 3, imisozi cumi minini, ahantu 836 harinzwe, kilometero kare 387.944 z’amashyamba n’ibindi.

Ibihugu uko bikurikirana[hindura | hindura inkomoko]

  • Indoneziya nicyo gihugu cyiza cyane ku isi mu byiza nyaburanga,
  • gikurikiwe na Nouvelle-Zélande (7.27),
  • Colombia (7.16)
  • Tanzaniya (6.98)
  • Mexico (6.96)
  • Kenya,
  • India 6.54
  • France 6.51
  • Papua New Guinea (6.39)
  • Comoros (6.22).

Guhera ku mwanya wa 11 hari:

Ecuador (6.09)

United States (6.03)

Vanuatu (6.02)

Japan(6.00)

Solomon Islands (5.97)

Italy (5.87)

Philippines (5.80)

Peru (5.66)

Australia (5.65)

Costa Rica (5.65)

U Rwanda kimwe na Brazil ntibyaje muri 50 bya mbere mu gihe Uganda yaje ku mwanya wa 42 n’amanota asaga 4.[6]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 1.2 1.3 1.4 "Archive copy". Archived from the original on 2023-02-20. Retrieved 2023-02-20.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  2. https://www.kigalitoday.com/ubukerarugendo/pariki/article/menya-byinshi-kuri-pariki-y-ibirunga-icumbikiye-ingagi-utasanga-ahandi
  3. https://igihe.com/ubukerarugendo/pariki-n-amashyamba/article/ibyihariye-ku-birunga-icumbi-ry-ingagi-zisigaye-hake-ku-isi-n-ibyiza-bikurura
  4. https://www.bbc.com/gahuza/amakuru-47281803
  5. https://www.bbc.com/gahuza/44339279
  6. https://umuryango.rw/ubuzima-115/imibereho/article/ibihugu-20-bihiga-ibindi-mu-kugira-ibyiza-nyaburanga-ku-isi-urutonde