Umukoresha:Endikuemmy: Difference between revisions

Kubijyanye na Wikipedia
Content deleted Content added
No edit summary
Tags: Mobile edit Mobile web edit
No edit summary
Tags: Mobile edit Mobile web edit
 
Umurongo 1: Umurongo 1:
Ndikumana Emmanuel yavukiye mu [[Rwanda]] mu intara y' uburengerazuba, akarere ka nyamasheke mu mwaka 1994, papa umubyara yitwa Ndagijimana Athanase mama umubyara yitwa Mukashema Priscilla. Amashuri abanza yayarangirije ku ishuri ribanza rya Nyamugali mu mwaka wa 2007, amashuri yisumbuye ya yasoreje k'urwunge rw'amashuri rwa Ruheru mu mwaka wa 2014, nyuma yakomereje muri kaminuza y' u Rwanda ishami ry'uburezi aho yakuye impamyabumenyi y' icyikiciro cya mbere muri siyanse (Ibinyabuzima n' ubutabire), kurubu n' umwarimu ku ikigo cy' amashuri cya Rwimiyaga giherereye mu karere ka Nyagatare, ndetse asigaye ari n'umuririmbyi uririmba indirimbo zo gushima, kuramya no guhimbaza Imana.
Ndikumana Emmanuel yavukiye mu [[Rwanda]] mu intara y' uburengerazuba, akarere ka nyamasheke mu mwaka 1994, papa umubyara yitwa Ndagijimana Athanase mama umubyara yitwa Mukashema Priscilla. Amashuri abanza yayarangirije ku ishuri ribanza rya Nyamugali mu mwaka wa 2007, amashuri yisumbuye ya yasoreje k'urwunge rw'amashuri rwa Ruheru mu mwaka wa 2014, nyuma yakomereje muri kaminuza y' u Rwanda ishami ry'uburezi aho yakuye impamyabumenyi y' icyikiciro cya mbere muri siyanse (Ibinyabuzima n' ubutabire) mu mwaka wa 2017, kurubu n' umwarimu ku ikigo cy' amashuri cya Rwimiyaga giherereye mu karere ka Nyagatare, ndetse asigaye ari n'umuririmbyi uririmba indirimbo zo gushima, kuramya no guhimbaza Imana.

Latest revision as of 17:41, 17 Nyakanga 2021

Ndikumana Emmanuel yavukiye mu Rwanda mu intara y' uburengerazuba, akarere ka nyamasheke mu mwaka 1994, papa umubyara yitwa Ndagijimana Athanase mama umubyara yitwa Mukashema Priscilla. Amashuri abanza yayarangirije ku ishuri ribanza rya Nyamugali mu mwaka wa 2007, amashuri yisumbuye ya yasoreje k'urwunge rw'amashuri rwa Ruheru mu mwaka wa 2014, nyuma yakomereje muri kaminuza y' u Rwanda ishami ry'uburezi aho yakuye impamyabumenyi y' icyikiciro cya mbere muri siyanse (Ibinyabuzima n' ubutabire) mu mwaka wa 2017, kurubu n' umwarimu ku ikigo cy' amashuri cya Rwimiyaga giherereye mu karere ka Nyagatare, ndetse asigaye ari n'umuririmbyi uririmba indirimbo zo gushima, kuramya no guhimbaza Imana.