Vandana Shiva: Difference between revisions
Content deleted Content added
Created page with 'thumb|250px|<font color="green">Mary Robinson</font> '''Vandana Shiva''' (5 Ugushingo, 1952): Ni umwarimu muri Kaminuza akaba n’umwanditsi ukomo...' |
No edit summary |
||
Umurongo 1: | Umurongo 1: | ||
[[File:Vandana Shiva|thumb|250px|<font color="green"> |
[[File:Vandana Shiva|thumb|250px|<font color="green">Vandana Shiva</font>]] |
||
'''Vandana Shiva''' ([[5 Ugushingo]], [[1952]]): Ni umwarimu muri Kaminuza akaba n’umwanditsi ukomoka mu [[Buhindi]]. Avuga ko amategeko ajyanye n’ubucuruzi ari yo atuma ibihugu bimwe biryamira ibindi kandi ko ubwisanzure mu bucuruzi ari bwo bwatumye ibidukikije byangirika. Ashyigikiye iterambere rirambye hakorwa ubworoherane mu bucuruzi, hubahirizwa n’amategeko arengera abakozi n’ibidukikije. Akomeza avuga ko amabwiriza ya [[Banki y’Isi]] n’Ikigega mpuzamahanga cy’imari akomeza kongera ubukene, ko n’ubwisanzure mu bucuruzi budindiza amajyambere cyane cyane mu bihugu bikennye. Ikindi ni uko uburenganzira bw’umugore bugomba kubahirizwa. |
'''Vandana Shiva''' ([[5 Ugushingo]], [[1952]]): Ni umwarimu muri Kaminuza akaba n’umwanditsi ukomoka mu [[Buhindi]]. Avuga ko amategeko ajyanye n’ubucuruzi ari yo atuma ibihugu bimwe biryamira ibindi kandi ko ubwisanzure mu bucuruzi ari bwo bwatumye ibidukikije byangirika. Ashyigikiye iterambere rirambye hakorwa ubworoherane mu bucuruzi, hubahirizwa n’amategeko arengera abakozi n’ibidukikije. Akomeza avuga ko amabwiriza ya [[Banki y’Isi]] n’Ikigega mpuzamahanga cy’imari akomeza kongera ubukene, ko n’ubwisanzure mu bucuruzi budindiza amajyambere cyane cyane mu bihugu bikennye. Ikindi ni uko uburenganzira bw’umugore bugomba kubahirizwa. |
Isubirwamwo nka 18:50, 28 Ukuboza 2010
Vandana Shiva (5 Ugushingo, 1952): Ni umwarimu muri Kaminuza akaba n’umwanditsi ukomoka mu Buhindi. Avuga ko amategeko ajyanye n’ubucuruzi ari yo atuma ibihugu bimwe biryamira ibindi kandi ko ubwisanzure mu bucuruzi ari bwo bwatumye ibidukikije byangirika. Ashyigikiye iterambere rirambye hakorwa ubworoherane mu bucuruzi, hubahirizwa n’amategeko arengera abakozi n’ibidukikije. Akomeza avuga ko amabwiriza ya Banki y’Isi n’Ikigega mpuzamahanga cy’imari akomeza kongera ubukene, ko n’ubwisanzure mu bucuruzi budindiza amajyambere cyane cyane mu bihugu bikennye. Ikindi ni uko uburenganzira bw’umugore bugomba kubahirizwa.