I Bwiza
Appearance
Nahimana Clémence, wamamaye mu rwenya nka Feruje yamuritse filime yise ‘I Bwiza’, igaruka ku buzima abahanzi babamo nyuma yo guhanga bikarangira hungutse abandi batari bo.[1]
I Bwiza ni filime ndende imara iminota 115 yanditswe inayoborwa ku bufatanye bwa Nahimana Clémence na Emmanuel Nturanyenabo, amashusho yayo afatwa na Sibomana Gilbert (One Hundred Pixels).Yerekanywe ku wa Gatatu, tariki 15 Ukuboza 2021, mu cyumba cya sinema kigezweho Canal Olympia giherereye ku i Rebero.[2]
Ibirimo
[Hindura | hindura inkomoko]I Bwiza ni filime ivuga inkuru y’umukobwa Gatoni Maya w’imyaka 23, ubarizwa muri koperative ikora ibihangano by’ubwoko bwinshi uhangana na Myasiro, umukire ubigurisha kuko abona abaha amafaranga make. [3]
Amashakiro
[Hindura | hindura inkomoko]- ↑ https://igihe.com/imyidagaduro/sinema/article/filime-i-bwiza-ivuga-ku-mvune-z-abahanzi-yamuritswe-ku-mugaragaro-muri-canal#:~:text=Nahimana%20Cl%C3%A9mence%2C%20wamamaye%20mu%20rwenya%20nka%20Feruje%20yamuritse%20iyo%20yise%20%E2%80%98I%20Bwiza%E2%80%99%2C%20igaruka%20ku%20buzima%20abahanzi%20babamo%20nyuma%20yo%20guhanga%20bikarangira%20hungutse%20abandi%20batari%20bo.
- ↑ https://igihe.com/imyidagaduro/sinema/article/filime-i-bwiza-ivuga-ku-mvune-z-abahanzi-yamuritswe-ku-mugaragaro-muri-canal#:~:text=I%20Bwiza%20ni,ku%20i%20Rebero.
- ↑ https://inyarwanda.com/rw/amakuru/ibihe-byaranze-imurikwa-rya-filimi-i-bwiza-ryitabiwe-nabarimo-intumwa-ya-minisiteri-yuruby-112645