HATEGEKIMANA Richard
Appearance
HATEGEKIMANA Richard ni Umwanditsi w'ibitabo, akaba n'umuyobozi mukuru w'Urugaga rw'Abanditsi mu Rwanda[1] ndetse akaba n'umuyobozi mukuru wa Kompanyi yitwa Africa Oasis Ltd. Yanditse ibitabo byinshi bitandukanye harimo nk'ikivuga ku bigwi by'umukuru w'Igihugo cy'u Rwanda Perezida Paul. [2] Yanditse igitabo cy’ubudasa kivuga ku matora y’u Rwanda. [3]
Amashakiro
[Hindura | hindura inkomoko]- ↑ https://inyarwanda.com/rw/amakuru/hategekimana-richard-yongeye-gutorerwa-kuyobora-urugaga-rwabanditsi-ahiga-guteza-imbere-um-142130
- ↑ https://mobile.igihe.com/umuco/ibitabo/article/hategekimana-richard-yamuritse-igitabo-kivuga-ibigwi-bya-perezida-kagame
- ↑ https://igisabo.rw/2025/02/14/hategekimana-richard-agiye-kumurika-igitabo-cyubudasa-kivuga-ku-matora-yu-rwanda/