Gereveriya
Ubusobanuro[hindura | hindura inkomoko]
Gereveriya ni igiti bishimira kuko kitona kandi gitanga igicucu mu murima imyaka ikera neza, Ibi biti biterwa kubutaka butandukanye, ahari izubaryishi, haba gukora cyangwa gutera amashyamba cyangwa no kubungabunga urusobe rw'ibinyabuzima mu gice cy'Amayaga,[1][2][3][4][5]
Gereveriya[hindura | hindura inkomoko]
gereveriya iterwa m'umirima y’abaturage yose, aho iterwa nki ibiti bivangwa n’imyaka, ndetse igafasha mu kuyitera mu mirwanyasuri kandi Ibi biti birafasha kugirango imirima indateguka.[6][7]
Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]
- ↑ https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ruhango-hamaze-guterwa-ibiti-by-imbuto-ziribwa-ibihumbi-11-mu-mushinga-wo
- ↑ https://www.isangostar.rw/amajyepfo
- ↑ https://www.kigalitoday.com/ibidukikije/ibimera/Minisitiri-Kamanzi-arasaba-Abanyagicumbi-gutera-ibiti-birwanya-isuri
- ↑ https://muhaziyacu.rw/amakuru/bugesera-uko-kubungabunga-amashyamba-byabaye-igisubizo-cyabahinzi/
- ↑ https://www.accessagriculture.org/node/21351
- ↑ https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abadipolomate-bakorera-mu-rwanda-bifatanyije-n-abaturage-ba-kamonyi-gutera
- ↑ https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ibyo-wamenya-ku-mushinga-washowemo-miliyari-32-frw-uzafasha-gukumira-ubutayu-ku