Jump to content

GUTUNGURWA KUMUNSI WAMAVUKO WABRUCE MELODY

Kubijyanye na Wikipedia

Itahiwacu Burice Uzwinka Buruce Melody mwijoro ryakeye abarimo Eddy Kenzo na Producer Madebeats batunguye Bruce Melodie ku isabukuru ye y’amavuko maze bamwakiriza umutsima (Cake). Iyi ni isabukuru Bruce Melodie yayizihije nyuma y’iminsi mike yizihije indi y’imyaka 10 amaze mu muziki aho yanakoze igitaramo gikomeye cyahuje abahanzi batandukanye bagiye bamufasha mu muziki mu myaka 10 ishize.Iyi myaka Bruce Melodie amaze ku Isi, hari icyo ivuze bitewe n’uko mu myaka 30, imyaka 20 niyo yonyine yamaze atari mu muziki kandi nabwo yaririmbaga muri korari nk’uko yagiye abyitangariza.

Iby’ingenzi wamenya kuri Bruce Melodie

Bruce melodie

Bruce melody ni umuhanzi nyarwanda w’icya

Itahiwacu

mamare wavutse mu 1992, avukira i Kanombe. Se yitwa Gervain Ntibihangana naho nyina yitwa Velene Muteteri. Ni umwana wa kabiri mu muryango w’abana bane. Amashuri abanza yayatangiriye ku kigo cyitwa Camp Kanombe, i Kanombe. Amashuri yisumbuye yayatangiriye i Kanombe ahitwa EFOTEC, aza kuyarangiriza ahitwa Islamique i Rwama.gana

Uko yinjiye mu buhanzi akiri muto

Yakuriye mu kuririmba mu rusengero rwa Kanombe (rw’abarokore), avuga ko yahimbaga indirimbo ariko bakaziha abandi bakaba ari bo bazitera. Ntabwo bamuhaga umwanya wo kwigaragaza.

Eddy Kenzo yafashije Bruce Melodie kwizihiza isabukuru y’imyaka 30

Bruce Melodie mu buzima bwe yagiye arangwa no gukunda akazi maze nyuma bimufasha kwitabira ibitaramo byinshi bitandukanye ku isi. Ibyo byaramubabaje bituma abivamo. Nyuma aza kujya muri studio mu 2006 kwa Producer Jackson Daddoey ariko iyo ndirimbo yahakoreye ntabwo yigeze irangira. Uwo muproducer ntabwo yarangije indirimbo ndetse na murumuna we, Naason, yaje kumuha nawe iyo ndirimbo iramunanira. Ibyo byatumye acika intege asa nk’uretse umuziki

AMASHAKIRO[1]

  1. https://umuryango.rw/imyidagaduro/article/ibyo-wamenya-ku-ngitangaza-bruce-melodie-wujuje-imyaka-30-nuko-ibirori