Daniel Gaga
Daniel Gaga uzwi nka Ngenzi,n'umwe mubakinnyi ba cinema nyarwanda uzwi cyane,akaba yaramenyekanye kubera imikino ye ikomeye agaragaza ubugome,nko muri filme bise ikigeragezo cy'ubuzima,Ryangombe na Anitha,kandi akaba yaragaragaye kumeza y'umukino w'iteramakofe.
Ubuzima bwe bwambere n'imiterere y'umwuga.
Yamenyekanye bwa mbere muri filme mumwaka wa 2008 yitwa ikigeragezo cy'ubuzima,aho abantu bose bamufushe nk'umugome udasanzwe ndetse bagatekerezako ari umugome no mubuzima bwe busanzwe.
Indi filme yagaragayemo ya kabiri niyamuvugishije nka Ryangombe,Nkuba,Anitha nd'umukristo na Ikirara.
Gushyira ahabona
Nyuma y'igihe atagaragaraga cyane,yagarutse mu ma filme nka ''Gica'' mugice cya 3 aho yakinnyemo nka bamwe mubakinyi bahanganye n'ibihe bikomeye.
Natojeko urubyiruko rwaho n'abakunzi ba filme bamureba nkumwe mubatangije urugendo mu mwuga wo gukina.hamwe na Denis Nsanzamahoro na Willy Ndahiro.
Ingaruka mu mubuzima bwe busanzwe.[1]
Yakomeje kugaragazako yakomeje gutinya nokwa kwisanzura mubaturage bitewe nuko bakiraga isura ya Ngenzi mubuzima busanzwe,ariko uko imyaka yagiye ishira,bamwe batangiye kumufata nk'umuntu usanzwe.
Yagaragaje ko gukina filme nk'umugome,byamugiraho ingaruka zitandukanye,ariko ntiyigeze abihagarika.
Yongeraho ko urubyiruko rukunda cinema,rushishikajwe nokumva iyo mitwe ishobora gutanga ubutumwa bukomeye. [2]