Jump to content

Amasaka y'amamera

Kubijyanye na Wikipedia
Amamera

Amasaka y'amamera aboneka iyo winitse amasaka mu mazi arimo ivu aho kugira ngo afashe mu ivubura maze nyuma y’iminsi igerakuri itatu, rero amasaka ashyirwa ahantu hashyushye, akagenda ahindura ibara ava ku mutuku aba umukara tsiriri. [1]

Amasaka y'amamera niho havamo ibinyobwa gakondo bifite umwihariko mu birori no mu buzima busanzwe bw’abaturage baba Nyarwanda. Kimwe mu binyobwa bikundwa cyane ni ikigage, gitegurwa hifashishijwe amamera ibinyampeke bikomoka ku masaka anyuze mu rugendo rwihariye rwo gutunganywa .[1]

  1. 1.0 1.1 https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/mu-kigage-habamo-iki-gitera-abantu-kujya-mu-bitaro