Jump to content

Amafunguro nyarwanda

Kubijyanye na Wikipedia
AMafunguro Nyarwanda

Amafunguro Nyarwanda ni amafunguro cyangwa se indyo zitandukanye ndetse nibyo kunnywa ariko ziri Kinyarwanda .[1][2]

Amafunguro Nyarwanda n'ibimye mu bikorwaa bigaragaza umuco n’amateka y’u Rwanda birimo imbyino, imyambaro n’amafunguro agaragaza umwihariko wa Kinyarwanda ndetse n'uruhare mu gusigasira no guteza imbere umurage nyarwanda . Amafunguro twavuga nka ibirayi, imyumbati, ibijumba , amateke ibishyimbo, ubugari n'ibindi.[1][2]

  1. 1.0 1.1 https://igihe.com/umuco/umurage/article/inteko-izirikana-yihije-imyaka-20-herekanwa-inyungu-ihishe-mu-murage-w-u-rwanda
  2. 2.0 2.1 https://igihe.com/umuco/umurage/article/uburyohe-no-kwiyongeza-ibyaranze-igitaramo-mbonekarimwe-cyaganuwemo-amafunguro