Umubande

Kubijyanye na Wikipedia
(Bisubijwe kuva kuri Akabande)
Akabande

Akabande cyangwa umubande ahantu hari hagati y’utununga cyangwa imisozi ibiri harangwa n’isoko y’amazi y’imusozi cyangwa y’ikuzimu. Kandi cyikaba igice kigaragara hejuru ku buso bw’isi kibaho ibinyabuzima harimo ibimera, inyamaswa n’abantu.[1][2][3][4]

Ibikorwa[hindura | hindura inkomoko]

Akabande cyangwa umubande hakunze kuba harangwa n'amazi cyangwa ubutaka bworoshye, ibi bituma bigorana guhatura cyangwa kuhashyira inyubako, akeshi Akabande cyangwa umubande hakunze gukorerwaa ibikorwa byubuhinzi nki mirima y'imigenda cyangwa imitabo,hakaba kandi hakorerwa ibikorwa by'ubworozi.[5][6][7][8]

Igishanga

Aha mu kabande cyangwa umubande niho usanga ibikorwa bitandukanye bicukurwamo maze bigatanga amashanyarazi nk'anyitamungegeri. hari akabande tugiye tuzwi nka kabande ka Nyarubera ku Kibuga aha ubu ni mu Karere ka Huye.[1]

Inyamaswa mu mubande[hindura | hindura inkomoko]

Umusambi

Ubundi hari inyamaswa zibera mu gishanga, Nku musanbi, rero umusambi ukunze kuba munsi y’urugo ahantu hakonje, cyangwa ahegereye igishanga, cyangwa mu bishanga birimo amavomo aho mucyaro yitwa kano. Imisambi isigaye iba hamwe, kuko ubusanzwe muri kamere yayo itungwa n’udukoko two mu gishanga, ikogoga umubande wose ishaka ibyo kurya kuburyo yashoboraga kuva mu murenge umwe ikirirwa mu gishanga cy’undi murenge ikaza gutaha igihe cy’izuba rya Kiberinka, hari imisambi yabaga mu mubande wegereye igishanga cya Kanyonyomba. [9][10]

Amazi[hindura | hindura inkomoko]

Mugishanga nubyo hakorerwa ibikorwa bitandukanye, amazi hayo akunze kuba ari mabi afite umwanda cyane ndetse anatera irwara.[11] Rero kubaturiye akabande bavoma mu dusoko, cyangwa se bakadaha amazi hasi, ni ukuvuga ko hakomoka amazi mabi bikagi ingaruka mbi kubera umwanda, harimo kurwaza abana inzoka. [12]

Ibishanga[hindura | hindura inkomoko]

Mu bishanga bizwi, harimo igishanga cya Rwampara, igishanga cya Gikondo, igishanga cya Nyabugogo, igishanga cya Rugenge agazwi nko mu Rwintare na Kibumba. [13]

Ibyiza Byibishanga[hindura | hindura inkomoko]

𝗜𝗯𝗶𝘀𝗵𝗮𝗻𝗴𝗮 𝗻𝗶 𝘂𝗺𝘂𝘁𝘂𝗻𝗴𝗼 𝗸𝗮𝗺𝗲𝗿𝗲 𝘂fatiye 𝗿𝘂𝗻𝗶𝗻𝗶 abantu Ibishanga ni icyigega cya mazi; Ibishanga bifasha kuyungurura amazi; Ibishanga ni indiri y’ urusobe rw’ibinyabuzima; Ibishanga bidufasha guhangana n’ Ibiza.[3][13]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 https://bwiza.com/?Ahantu-hagiye-habera-ubwicanyi-bukomeye-muri-Jenoside-yakorewe-Abatutsi-ku
  2. https://inyangenewss.com/?p=7947
  3. 3.0 3.1 https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/iya-24-mata-1994-inkotanyi-zatangiye-guhungishiriza-i-byumba-abo-zari-zarokoye?url_reload=24
  4. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/gicumbi-muri-2018-abaturage-bose-bazaba-batuye-mu-midugudu
  5. "Archive copy". Archived from the original on 2023-02-26. Retrieved 2023-02-26.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  6. "Archive copy". Archived from the original on 2023-02-26. Retrieved 2023-02-26.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  7. "Archive copy". Archived from the original on 2023-02-26. Retrieved 2023-02-26.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  8. https://ar.umuseke.rw/kigali-kajugujugu-ya-gisirikare-yakoze-impanuka-i-rusororo.hmtl
  9. "Archive copy". Archived from the original on 2023-03-28. Retrieved 2023-03-28.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  10. https://ar.umuseke.rw/u-rwanda-rusigaranye-imisambi-300-gusa-mu-gihe-rwigeze-kugira-isaga-10-000.hmtl
  11. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/124267/kayonza-barinubira-indwara-ziterwa-numwanda-kubera-amazi-arimo-umwanda-bavoma-124267.html
  12. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/kamonyi-barishimira-umuyoboro-w-amazi-meza-n-inzu-z-abatishoboye-bujuje
  13. 13.0 13.1 https://www.rba.co.rw/post/Ibindi-bishanga-5-byo-mu-Mujyi-wa-Kigali-bigiye-gutunganywa