Cooperative Y'abafite ubumuga b'imusanze (Dukomezubuzima Mudende)
Ababana N'ubumuga bo Mu akarera ka Musanze bitabiriye Amahugurwa amaze ukwezi Abera mu kigo cy’Urubyiruko cy’Akarere ka Musanze Yego Center Musanze, abagera kuri 20 babana n'ubumuga burimo ubw’ingingo n’ubwo kutabona, mu kuyasoza, batahanye ingamba zo kubakira ku bumenyi bungukiyemo bakarushaho kongera ireme ry’umusaruro w’ibyo bakora.[1]
Ikoranabuhanga
[Hindura | hindura inkomoko]ikigo cy'ubwishingizi cya BK insurance cyahaye inkunga ya mudasobwa ababana n'ubumuga muri cooperative ikorera mu Karere ka Musanze izwi nka Dukomezubuzima Mudasobwa zigera kuri eshatu n'imashhini icapa impapuro nibikoresho bibafasha mu kubona murandasi kuburyo bworoshye [2]
Umusaruro
[Hindura | hindura inkomoko]Ubumenyi kuri Mudasobwa ,
Umwe yavuze ko kumenya gukoresha ikoranabuhanga bizabafasha kumenyekanisha ibyo bakora kubigeza kubakiriya bashya, gukoresha serivisi z’ikoranabuhanga bitiriye jya kure bityo bakazabona inyungu nyinshi mu byo bakora
Amashakiro
[Hindura | hindura inkomoko]- ↑ https://www.kigalitoday.com/amakuru/mu-rwanda/article/musanze-abafite-ubumuga-bigishijwe-ikoranabuhanga-bitezweho-guhanga-udushya#:~:text=Come%20Ndemezo%2C%20Umukozi%20w'umushinga,Urubyiruko%20cy'Akarere%20ka%20Musanze.
- ↑ https://igihe.com/ubukungu/article/bk-insurance-yahaye-abafite-ubumuga-b-i-musanze-ibikoresho-by-ikoranabuhanga