Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda
From Wikipedia
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yagiyeho nyuma y’ibihe by’inzibacyuho, binyuze mu matora yabaye ku itariki ya 29 Nzeri kugeza tariki ya 2 Ukwakira 2003. Yatangiye imirimo yayo ku itariki 10 Ukwakira 2003, nyuma y’irahira ry’abagize imitwe yombi.
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda igizwe n’Imitwe ibiri : Umutwe w’Abadepite na Sena.
Umutwe w’Abadepite ugizwe n’Abadepite 80 bakomoka aha hakurikira :
- Abadepite 53 batowe ku rwego rw’Igihugu ;
- Makumyabiri na bane (24) b’abagore batorwa n’inzego zihariye, hakurikijwe inzego z’imitegekere y’Igihugu;
- Abadepite 2 batowe n’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko ;
- Umudepite 1 watowe n’impuzamashyirahamwe y’abantu bafite ubumuga.
Amakomisiyo [edit]
- Komisiyo ya Politiki ubringanire
- Komisiyo y’Ubukungu na
- Komisiyo y’Ubumenyi, Uburezi, Umuco n’Urubyiruko
- Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane
- Komisiyo y’IImibereho y’Abaturage
- Komisiyo y’Umutekano no kurengera Ubusugire bw’Igihugu
- Komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu
- Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo by’Igihugu
- Komisiyo y’Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije
- Komisiyo y’Umuryango, uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagore
- Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage
- Komite ishinzwe imyitwarire n’imyifatire y’Abadepite no guku